UBUKWE BWA PLATINI WAHOZE MURI DREAM BOYZ BWABAYE AGASHYA NTABYO GUTERA IVI ASEZERANIYE KU MURENGE AKORA AMATEKA NYUMA Y'INDIRIMBO NSHYA YAHERUKAGA YITWA HELENA WE NJO BABA
Contain Evolution from 2 pac west coast and notorious East coast to lil Wayne and 50 cent , snoopbdogg and rickross to Migos Trap with Uzi 21 Savage post malon Gucci mane to UK DRILL with Pop Smoke
HOSTED by platfomer kwp 250 it's been long time hip Hop got new power to day but It take much energy and time by the Hussle of different MC'S For example here you can say Nas Illmatic this album helped the culture.
Uber Entertainment Music Award ni irushanwa rimaze iminsi rikorerwa mu karere ka Musanze rihemba abahanzi bahize abandi muri Musanze, aho abahataniraga ibi bihembo bahiswemo kubufatanye bw'abanyamakuru bakorera mu Ntara y'amajyaruguru bakora mu gisata cy 'imyidagaduro iritsinda ry'abanyamakuru Kandi ry'ihuje n'abandi bose bafitanye isano n'iterambere ry'umuziki was Musanze nkaba DJ's,Promoters n'abandi benshi bakaba aribo bahisemo abagombaga guhatanira ibi bihembo.
Kuri uyu wa 27 Ugushyingo n'ibwo habaye ibirori byo gutanga Ibibihembo kubahanzi bakoze cyane kuko abari barabonye amahirwe yo guhatanira ibibihembo buri wese yari afite ubushobozi bwo kuba yakwegukana igihembo mu cy'iciro yarimo kuko uburyo amatora yakozwe n'ibwo bwatanze umwanzuro kubakwiye guhembwa muri buri cy'iciro.
Gutora Umuhanzi byari ukujya aho batorera ugakunda ifoto yiwe cyangwa se, ugakunda amashusho yiwe kurubuga rwa YouTube na Instagram doreko abahanzi bahawe umwanya uhagije wo gukangurira abakunzi babo kubatora ndetse no kubashigikira.
Ibyiciro bigera kuri bi 7 byose muri buri kiciro harimo abahanzi by'ibura bagera kuri 4 bagombaga gushakwamo uwahize abandi mu gukora cyane byari bifite agaciro ka makumyabiri ku ijana(20%) ndetse no gutorwa cyane nabyo byari bifite agaciro ka mirongo inane ku ijana(80%) mu kuba umuntu yatwara ibi bihembo muri rusange ababiteguye bavugako hatoye abasaga ibihumbi makumyabiri n'abibiri.
Mbere y'itangwa ry'a UEMA AWARD habanje kwerekanwa bamwe mu baterankunga bafashije mu itegurwa rya byo, Afrocharts ku isonga niyo yabumburiye abandi baterankunga uwari iyihagarariye asobanurira abari bateraniye muri icyo cy'umba ndetse n'ababikurikiraniraga kuri mu randasi uburyo Afrocharts ikoramo ndetse anabereka uburyo bwose bukoreshwa mu gufasha Umuhanzi kwinjirizwa n'umuziki akora bimusabye gutunga iyi applikasiyo muri telephone gusa ubundi ugashyiraho indirimbo zawe hanyuma buri uko umuntu ayumvise ukishyuewa ariko anasobanurira abafana ko aribyiza gufasha Umuhanzi Nyarwanda kuko Afrocharts igira indirimbo zose zo muri Africa aho yasabye abari aho bose kuhagera bagashaka U Rwanda kugirango bateze imbere abahanzi bo mu Rwanda.
Ibigo nka Burera Daily Nabo bari bamwe mubatera nkunga utirengagije Urwunge ndetse na Maximum Pixels n'abandi benshi bafite aho bahuriye n'umuziki ukorerwa mu karere ka Musanze nka Nunu Fashion bakora kubijyanye n'imyambaro, Home Kichen bafite Restaurant yambere mu mugi wa Musanze Rwagati n'a Rukara Super Market.
Uretse abaterankunga babaye benshi kuko harimo n'amazu atunganya umuziki ariyo Unoze Music ya Mishou ndetse na Heros Record Studio y'umuvandimwe inshuti yiwe Mandex Beats Hari nanone bamwe mu bahanzi bafatwa nkaho ari inkingi zamwamba muri Musanze twavuga nka Mr Gloire wanasusurukije abitabiriye Ibibihembo n'ubwo atabonye amahirwe yo gutoranwa mukubihatanira.
Urutonde Rw'uko Bari bahatanye ndetse n'abatsinze muri buri cy'iciro.
Best Upcoming (Umuhanzi Ukizamuka neza)
DayMaker
Jolie
Eli milli
Boston 4 Real (Niwe Wacyegukanye)
Best Video Of The Year(Amashusho meza Y'umwaka)
Inyenyeri y'anjye by May Look Ft Bull Dogg
Who Am I By Mishou
FERI by Fizzo Mason(Niyo Yatsinze)
Ubwonko By Eli Milli ft MSA RAPPERS
Best Female Artist of the Year
Umuhire CLEMY(Niwe watsinze)
Jolie
Cynthy
Channy
Best Male Artist (Umuhanzi w'umugabo w'umwaka)
May Lo
Bex Rhb
Fizzo Mason(Niwe watsinze)
Mishou
Best GOSPLE artist of the year (Umuhanzi uririmba indirimbo z'ihimbaza Imana w'umwaka)
Poly Turikumwe
Hertage Group
VICENT Hodari(Niwe watsinze)
Best Group of The Year(Itsinda Ry'umwaka)
MSA Gango
Sweet Life
2 For Trap
Best Artist of the year (Umuhanzi w'umwaka)
Mishou
Bex Rhb
May lo(Niwe watsinze)
Fizzo Mason
David Adedeji Adeleke ni Umuhanzi w'icyamamare ku isi ukomoka muri Nigeria wamenyekanye nka Davido, yavukiye muri Leta zunze abumwe z'amerika mu gace ka Atalanta muri Georgia afite imyaka 27 no ukuvugako yabonye izuba mu mwaka wa 1993, muri muzika Davido yatwayemo Ibihembo byinshi batandukanye harimo MTV EUROPE MUSIC AWARD, BET AWARD n'ibindi byose hamwe bikaba bibarirwa muri 20.
Davido album yiwe ya 3 yise Better Time yayishyize hanze nyuma yaho ubwo mu ntangiriro za 2020 yiteguraga gukora ibitaramo byagombaga kumenyekanisha GOOD TIME album yiwe yari aheruka, ariko bitewe na Covid_19 bikazagusubikwa yavuzeko byamuhaye umwanya wo kwitekerezaho kugira ngo noneho akore ibyiza kurushaho, anaribwo yanakoze iyi album bitewe n'uko nawe ngo yabonyeko ari urundi rwego yahise afata umwanzuro ko igomba kwitwa "Better Time" kuko iyari iheruka yitwaga"Good Time".
Davido kuri iyi album yiwe ya 3 yise Better Time yakoranye n'abamwe mu bahanzi bazwi ku isi ndetse n'abandi babarizwa mu inzu itunganya umuziki ya Davido Worldwide Music (DMW) kuko ngo yashakaga gufata irindi bendera rya Afrobeat injyana nyafrika asanzwe anakora akarishyira kurundi rwego kandi isi igasobanukirwa umuziki wa Africa ndetse na Nigeria by'umwihariko.
Better Time ni album igizwe n'indirimbo 17, yakozweho n'abahanzi ndetse n'abatunganya umuziki batandukanye, bamwe mu bahanzi bakoranye na Davido ni nka Chris Brown(USA), Young Thug(USA),Hit Boy(USA),Nick Minaj(USA), Lil Baby(USA),Tiwa Savage(NIGERIA) Nabo muri label ye nka Mayorkun,Mugeezjacom,Sho Madjoz ndetse hakiyongeraho na NAS ufatwa nk'umwami wa Hiphop ku isi.
NAS ufatwa nkinkingi yamwamba muri Hip-hop yakoranye na Davido indirimbo bise"Birthday Cake" yanahuriyemo n'undi mu rapper witwa Hit Boy nawe ukomoka muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Davido akomeje kwigarurira imitima yabenshi mu batuye isi nyuma yuko mukeba we w'ibihe byose Wizkid, nawe ashyize hanze Album yiwe yise"Made In Lagos" yavugagako ije kwerekana neza uwo ariwe, Davido ubwo umwe mubanyamakuru bakomeye muri Nigeria yamubazaga kuri Wizkid yamusubijeko Wiz ari umusore muto Cyane mu gihe we ari intare mu ishyamba.
Stories
MIKE KAYIHURA PRIX DECOUVERT
Chris hat na Muyoboke alex
Tiwasavage and fan over Davido and wiz
Obama trucklist Beyonce x Jay z na emminem
sat b
Birthday's
Chanda cochal
Indian business woman(ICICI BANK)
Jodpur India
Elvin Hayes
Nba imyak pa 20 1969 yaryitwaye
Rayville Rousiana
Dany davito 76
Neptune sign scropio
Martin socorses
America film director
Taxi diver,raging bull, Goodfellas,the departed) New York queen
Raul Paul 60
San Diego
Scropio
1960
Wong Foo film
Drag race show
Best smash hits
5 Afrocharts
5.kola
4.Otsma
3.Joni
2.Nimekupata Yesu
1.Nahawe Ijambo
5 Street new hits
5.MULLA
4.SAT B BABY GIRL
3.umutoso
2.ABAJURA
1.KAKAGETSE BY SCILLAH
Bonus truck
Ninde Khlafan
Back ground
GATARINA
The Guardian - Back to home
Sign in
News
Opinion
Sport
Culture
Lifestyle
Show More
News
Opinion
Sport
Culture
Lifestyle
Make a contribution
Subscribe
Search jobs
Holidays
Digital Archive
Guardian Puzzles app
The Guardian app
Video
Podcasts
Pictures
Newsletters
Today's paper
Inside the Guardian
The Observer
Guardian Weekly
Crosswords
Books
Music
TV & radio
Art & design
Film
Games
Classical
Stage
Hip-hop
Trap kings: how the hip-hop sub-genre dominated the decade
In the decade since Young Jeezy’s Let’s Get It: Thug Motivation 101 album was released, Atlanta’s trap sound has moved from the crack house to the charts

Trap’s holy trinity: Young Jeezy, TI and Gucci Mane. Photograph: WireImage
Christina Lee in Atlanta
@MinaAnnLee
Thu 13 Aug 2015 09.00 BST
You used to want to stay away from the trap: an abandoned house where drugs are peddled. As OutKast’s Big Boi explained on 1998’s SpottieOttieDopalicious, it was the absolute last resort for employment: “The United Parcel Service and the people at the post office / didn’t call you back because you had cloudy piss / So now you back at the trap just that, trapped / Go on and marinate on that for a minute.”
A decade later, though, those trapped in the early noughties drug trade spoke up for themselves. It was initially sold as a southern revival of the west coast gangsta rap (they initially invited comparisons to NWA), but according to these rappers, their music was the byproduct of their (and OutKast’s) native Atlanta being a crack-cocaine town, a lasting result of the Reagan-era “war on drugs”.
Little did they know that trap would have a lasting influence itself. The stories were alluring, bellicose and, perhaps most importantly, different from the triumphant tales of excess coming from New York and Los Angeles in the early noughties. The sound’s dramatic synthesized production would eventually cross over to EDM and even pop, though not without controversy. It evolved from an Atlanta street-level movement to a global phenomenon, but it has its roots in the south’s segregated past.

Purple swag: OutKast. Photograph: Marco Dos Santos/Rex
In 1932, Atlanta became the first city to have a public housing project. In 1995, Atlanta became the first city to demolish all of its projects in favor of mixed-income housing. Local politicians and real estate developers pushed for this change to spruce up the city’s public image, with the 1996 Olympics approaching. The Atlanta Housing Authority (AHA) stressed that it had the well-being of residents in mind: “Public housing was warehousing the poor without providing hope of any kind for a better life.”
While the hills of Atlanta project Bowen Homes were colored purple for OutKast’s B.O.B. video, TI’s 2001 debut album I’m Serious offered a grittier look into the drug trafficking within its confines. Like Jay Z and Nas early on, he rapped from the perspective of a dope boy who felt some remorse about his career choices.
In 2005, with help from play at At